Uturere tw’u Rwanda

Uturere tugize igihugu cy' u Rwanda twose hamwe ni 30. Akarere kayoborwa na Meya, afatanije n’inama-njyanama ifata ibyemezo ishyirwaho binyuze mu matora. Iyi nama-njyanama ifite inshingano zo gushyira mu bikorwa imigabo n’imigambi bya Leta bijyanye n’ubukungu n’iterambere.

Uturere tw’u Rwanda

Akarere (umugereka) / Uturere (ubuke)

Intara Uturere Imirenge Utugari Imidugudu

Rwanda

Intara y’Iburasirazuba hindura

 
Ikarita y’Intara y’Iburasirazuba
  1. Akarere ka Bugesera
  2. Akarere ka Gatsibo
  3. Akarere ka Kayonza
  4. Akarere ka Kirehe
  5. Akarere ka Ngoma
  6. Akarere ka Nyagatare
  7. Akarere ka Rwamagana










Umujyi wa Kigali hindura

 
Ikarita y’Umujyi wa Kigali
  1. Akarere ka Kicukiro
  2. Akarere ka Gasabo
  3. Akarere ka Nyarugenge









Intara y’Amajyaruguru hindura

 
Ikarita y’Intara y'Amajyaruguru
  1. Akarere ka Burera
  2. Akarere ka Gakenke
  3. Akarere ka Gicumbi
  4. Akarere ka Musanze
  5. Akarere ka Rulindo









Intara y'Amajyepfo hindura

 
Ikarita y’Intara y'Amajyepfo
  1. Akarere ka Gisagara
  2. Akarere ka Huye
  3. Akarere ka Kamonyi
  4. Akarere ka Muhanga
  5. Akarere ka Nyamagabe
  6. Akarere ka Nyanza
  7. Akarere ka Nyaruguru
  8. Akarere ka Ruhango









Intara y’Iburengerazuba hindura

 
Ikarita y’Intara y’Iburengerazuba
  1. Akarere ka Karongi
  2. Akarere ka Ngororero
  3. Akarere ka Nyabihu
  4. Akarere ka Nyamasheke
  5. Akarere ka Rubavu
  6. Akarere ka Rusizi
  7. Akarere ka Rutsiro