Umuhanda mushyashya wa bugesera

Ibikorwa byo kubakwa umuhanda munini uhuza umujyi wa Kigali n' akarere ka Bugesera mu Rwanda

Umuhanda mushyashya wa Ngoma-bugesera-Nyanza hindura

Reta y' Urwanda[1] yatangije umushinga wo kubaka umuhanda muremure uva Kigali werekeza Mukarere ka ngoma[2] ndetse na bugesera kandi ugahura n'Akarere ka Nyanza , ukazafasha bikomenye abaturage bo mu karere ka Nyanza[3] muntara y' amajyepfo[4] uyu muhanda werekeza Nyanza urimo gusozwa Abanyarwanda bavugako uyu muhanda uzabafasha byinshi mubijyanye niterambere ry'uturere twombi ndetse n'igihugu muri Rusange.

 
Bugesera

Umushinga w'ubwubatsi hindura

 
Ubwiza butatse imihanda yo mu Rwanda cyane irimo kubakwa

Uyu muhanda werekeza nyanza watewe inkunga ikomeye na leta y' Urwanda[5] kubufaranye na Minisiteri y ibikorwa remezo[6] kunkunga ya leta y ubushinwa .

Amateka hindura

Mbere y' umwaka wa 2020 nta muhanda uhuza akarere ka Nyanza na Bugesera war' uhari ubundi ubajya Mumajyepfo aho ba bakunze kwita Kumayaga bakoresga umuhanda wa Kigali Nyabugogo-Muhanga yahoze ari Gitarama[7] , gusa iyo nzira yari Ndende.

Imiyoboro hindura

  1. Rwanda
  2. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/Umuhanda-wa-kaburimbo-Ngoma-Bugesera-Nyanza-uzoroshya-ubuhahirane
  3. Akarere ka Nyanza
  4. Intara y'amajyepfo
  5. government of Rwanda [1]
  6. https://www.rba.co.rw/post/MININFRA-yasinze-imihigo-yo-kwagura-no-kubungabunga-ibikorwa-remezo
  7. https://www.muhanga.gov.rw/