Intara y'Amajyepfo nimwe mu ntara z'u Rwanda[1].

Kamonyi iherere muri mu ntara y'amajyepfo

Igizwe nibyahoze ari intara ya Butare,Gikongoro, na Gitarama [2]

Ikarita y'Intara y'Amajyepfo y' u Rwanda
Ikarita y'Intara y'Amajyepfo y' u Rwanda

ubu ikaba igizwe n uturere dutanduka hari Nyanza Gisagafra , Nyaruguru ,Nyamagabe nutundi twinshi

Aho Iherereye

hindura

mu majyepfo : Burundi

mu majyaruguru: Umujyi wa Kigali

iburengerazuba : Intara y'uburengerazuba

Iburasirazuba : Intara y'uburasirazuba

Uturere tugize intara

hindura

1.Akarere ka Gisagara

2. Akarere ka Huye

3. Akarere ka Kamonyi

4. Akarere ka Muhanga

5.Akarere ka Nyamagabe

6.Akarere ka Nyanza

7. Akarere ka Nyaruguru

8. Akarere ka Ruhango

Ihuza ryo hanze

hindura
  1. https://www.southernprovince.gov.rw/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2020-10-27. Retrieved 2020-09-27. {{cite web}}: Unknown parameter |deadurl= ignored (|url-status= suggested) (help)CS1 maint: archived copy as title (link)