Abahinzi mu kirwa cya Mazane

Abahinzi mu kirwa cya Mazane ni abahinzi ba banyarwanda babarizwa mu karere ka Bugesera mu intara y'intara y'iburasirazuba bwu Rwanda, mu kirwa cya Mazane, aho bahinga mu kirwa cya Mazane bagiye gufashwa kubyaza umusaruro ubutaka bimuweho. irwa cya Mazane giherereye mu majyepfo y’Akarere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru mu kiyaga cya Rweru kiri hagati y’Igihugu cy’u Burundi n’u Rwanda.[1]

Igishanga kiri kukirwa cya mazane ibugesera gikorerwamo ubuhinzi

Mazane

hindura
 
Ifoto igaragaza ikirwa cya mazane gikorerwaho ubuhinzi
 
Abahinzi batera ibiti kukirwa cya mazane

Abahinzi bo kukirwa cya Mazane ni ikirwa cya Mazane kimuwemo imiryango 296 igizwe n’abaturage 1,864 aho y'atujwe mu Mudugudu w’icyitegererezo wa Rweru mu rwego rwo gufasha abaturage baho kubegereza ibikorwaremezo. Igikorwa byo kwimura aba baturage byasojwe muri 2016. aba baturage bavugako Icya mbere dushimira Leta yacu ni uburyo badukuye muri iki kirwa tugatuzwa ahantu dushobora kubona ibikorwaremezo, tukegerezwa amashuri, amavuriro, amashanyarazi ndetse tugaturana n’abandi baturage. Ubu rero twongeye kunezezwa n’uko ubuyobozi buri kudufasha kubyaza umusaruro igishanga twahoze dukoresha kiri muri iki kirwa.[1]

Amashakiro

hindura
  1. 1.0 1.1 https://muhaziyacu.rw/amakuru/bugesera-abahinga-mu-kirwa-cya-mazane-bagiye-gufashwa-kubyaza-umusaruro-ubutaka-bimuweho/