Uwineza Beline [1] ni umugore w'umunyarwandakazi, akaba ari rwiyemezamirimo, aho ubu ari visi perezida wa komisiyo ya PAC, mu inteko inshinga amategeko, umutwe w'abadepite mu Rwanda.Uwineza yakoze imirimo itandukanye nkaho yari ALAC Regional Coordinator ndetse nanone akaba yari N&W provinces at Transparency International .[2][3][4]

Amagambo ya hidura sosiyete hindura

Honorable Uwineza Beline mu kiganiro kubaza bitera kumenya[5] insaganyamatsiko yagiraga iti "Kwimika ihame ry'uburinganire hakumirwa amakimbirane yo mu muryango[6]" yaravuze ati " Burya Umugore ashobora kuba umutware w'urugo kuko hari aho abagore bigejeje ubu" aho akomeza abasobanurira uburinganire n'ubwuzuzanye mu Rwanda.[2]

Amahugurwa y'itabiriye hindura

Honorable Uwineza Beline yitabiriye inama mu mwaka 2021 yari igamije kuganira ku mwaka Ibiri (2) umunjyi wa Kigali wari umaze mu nzubacyuho[7]kandi yanitabiriye inama yari yahuje ihuriro FFRP[8] aho bari kwiga ku kibazo cyigira giti "FFRP isanga ubufatanye bw'inzego ari bwo bwarandura igwingira mu bana" Aho Honorable Uwineza Beline yagarutse kuri zimwe mu nzitizi zitiza umurindi icyo kibazo aho yagize ati " Ihuriro FFRP ku gusesengura iyubahirizwa ry'iri hame ry'uburinganire birimo kutagabana imirimo y'abagize umuryango hagati y'ababyeyi bombi bigaragara cyane nko mu cyaro, aho umugore agira imvune z'imirimo iyo mu rugo cyane cyane kwita ku bana bikamubera inzitizi zituma adashobora kwita ku bindi bikorwa byo kwita ku muryango we, byongeye kandi nk'uko byagaragaye mu bushakashatsi imiryango yo mu cyaro n'imiryango ibayeho mu bukene bukabije niyo ikibonekamo ikibazo cy'igwingira ry'abana ku gipimo kiri hejuru".[1][3]

Akazi yakoze hindura

Uwineza Beline yakoze imirimo ndetse n'akazi gatandukanye harimo :

  • Kuva muri Nzeri 2018- kugeza ubu : Umwe mu bagize Inteko ishinga amategeko y'u Rwanda .
  • Kuva muri kamena 2017 – Nzeri 2018: Umuhuzabikorwa wa Politiki n’amategeko muri Transparency International Rwanda (TI-Rw) .
  • kuva muri Kamena 2011 - Kamena 2015: Umuhuzabikorwa w'akarere ka ALAC
  • Kuva muri ukwakira 2004 -kamena 2011: Umuhuzabikorwa wibikorwa byInkiko za Gacaca mu Ntara y Iburasirazuba
  • kuva muri gashyantare 2003 - Nzeri 2004: shinzwe amategeko / Umuhuzabikorwa w’ibikorwa by’Inkiko za Gacaca mu Ntara y’Iburasirazuba Komisiyo y’igihugu ishinzwe uburenganzira bwa muntu .
  • kuva muri Nzeri 1999- Mutarama 2003: Parajuriste mumuryango wa IBUKA .[9]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 https://www.webrwanda.com/2021/09/umujyi-wa-kigali-umaze-imyaka-ibiri-mu.html
  2. 2.0 2.1 https://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/iburasirazuba-guverineri-gasana-yakebuye-abayobozi-batekinika-aho-gukoresha
  3. 3.0 3.1 https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kwibuka29-kwica-abo-mwiganye-musangiye-igihugu-nta-mutima-uba-ufite-guverineri
  4. https://www.hanganews.com/2022/09/06/inguzanyo-ya-miliyoni-440-zamadolari-wasac-imaze-gukorera-19-gusa-pac-yababajwe-nuko-hakiri-abanyarwanda-bakinywa-nyabarongo-amafaranga-agiye-gusubirayo/
  5. https://www.youtube.com/watch?v=a1jwWjnhZrc
  6. https://www.newtimes.co.rw/news/new-women-parliamentary-leaders-pledge-fight-gbv
  7. https://www.webrwanda.com/2021/09/umujyi-wa-kigali-umaze-imyaka-ibiri-mu.html
  8. https://www.rba.co.rw/post/FFRP-isanga-ubufatanye-bwinzego-ari-bwo-bwarandura-igwingira-mu-bana
  9. https://www.parliament.gov.rw/chamber-of-deputies-2/member-profile/deputies-profiles?tx_news_pi1%5B%40widget_0%5D%5BcurrentPage%5D=3&cHash=7c1a95795e124166bd110258c1b29a83