mu Rwanda abafite ubumuga butandukanye ntago babona amakuru ahagije kubuzima bw'igihugu cyane cyane

ababa mubice byo mu byaro. aha twavuga nko muri gahunda z'iterambere,amategeko, imibereho myiza nibindi

ibi kandi bigatuma batagira uruharerumwe nk'urwabandi baturage murigahunda z'iterambere rusange ry'igihugu

ndetse no guharanira uburenganzira bwabo bwite.[1]

Urumuri hindura

ni muri urwo rwego ihuriro ry'imiryango y'abantu bafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR) kubufatanye na Federation Handicap [2]international ku nkunga ya Direction Générale de Développement du Royaume de Belgique hashyizweho akanyamakuru kitwa urumuri kazajya gasohoka rimwe mu mezi atandatu ni akanyamakuru kazibanda kumibereho,uburenganzira, hamwe n'ibikorwa

by'abantu bafite ubumuga muri rusange.[3]

Akamaro hindura

Urumuri ni ingenzi kubantu bafiteubumuga mu Rwanda kuko bizabafasha kumenya amakuru agezweho kandi atandukanye

ikindi aka kanyamakurukazafasha abafite ubumuga gusobanukirrwa uburenganzira bwabo.

Ishingiro hindura

  1. "Archive copy" (PDF). Archived from the original (PDF) on 2022-11-11. Retrieved 2024-01-21.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. "Archive copy" (PDF). Archived from the original (PDF) on 2022-11-11. Retrieved 2024-01-21.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://bwiza.com/?Abafite-ubumuga-bwo-kutumva-no-kutavuga-iyo-bitabiriye-gahunda-za-Leta-ntacyo