Urugezi hindura

urugezi n'igishanga giherereye mu Karere ka Burera muntara y'Amajyaruguru ni igishanga gifite ubuso

bungana na Hegitare 124 mumyaka yo hambere abaturiye igishanga cya Rugezi bari barakigabije mubikorwa

byinyungu zabo[1]

Akamaro k'igishanga cya Rugezi hindura

iki gishanga cya Rugezi nikimwe mubyanya bikomye kandi gifitiye igihugu ndetse nabaturage bagituriye

akamaro kuko ari indiri yurusobe rw'ibinyabuzima nkazimwe munyoni,Imisambi,incencebere nibindi

binyabuzima bitandukanye.[2]

ikigishanga kandi kizwiho kuba ari isoko yamazi atanga amashanyarazi kurugomero rwa Ntaruka[3]

Aho giherereye hindura

Igishanga cya Rugezi gikora kumirenge myinshi itandukanye yo mukarere kaburera harimo nka Butaro,Rusarabuye,Rwerere

Kivuye,Gatebe,Ruhunde, nindi yo Mukarere ka Gicumbi ariyo Nyankenke, na Miyove.[4]

Reba hindura

  1. https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/abatarumvaga-impamvu-babuzwa-gukorera-mu-gishanga-cy-urugezi-ubu-bamaze-kubona-inyungu-zabyo
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2021-05-11. Retrieved 2022-04-02.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://ar.umuseke.rw/amafoto-tujyanye-gusura-inyoni-mu-gishanga-cyurugezi.hmtl
  4. "Archive copy". Archived from the original on 2021-05-11. Retrieved 2022-04-02.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)