Umusaruro ibishanga bidakomye

Igishanga

hindura
 
igishanga

Umusaruro ibishanga bidakomye ni urwego rubifitiye ububasha ku gishanga kidakomye runaka rufite inshingano yo gutegura gahunda y’uko kigomba kubyazwa umusaruro hakurikijwe icyo kigenewe gukoreshwa mu Rwanda, kandi iyo gahunda ikemezwa na Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano ze.[1][2]

Ibindi

hindura

Icyakora, Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano ze ashobora guhindura icyo ubutaka bw’igishanga kidakomye bwagenewe gukoreshwa mu gihe cy’umushinga ugamije inyungu rusange.

Amashakiro

hindura
  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadepite-bemeje-ishingiro-ry-umushinga-w-itegeko-rigenga-ubutaka-mu-rwanda
  2. https://rba.co.rw/imiryango-12-ituriye-ibishanga?lang=rw