Itsinda rigizwe n’abahanzi batatu[1] Mc Tino, Bob, na Benjah, rikora umuziki waryo mu njyana eshatu "Dancehall", "R’n’B" na "Hip-Hop" [2] na ryo ryamaze gusenyuka nyuma y'aho Mc Tino yavuze ko agiye gukora ku giti cye. kuva mu mwaka wa 2011 nibwo bihuje nk’itsinda.[3]

Amateka hindura

Urugendo rwa muzika hindura

TBB yamenyekanye[4] mu ndirimbo ‘Unshyira High’, ’Ndashaka Urukundo’ n’izindi bagiye bakorana n’bahanzi bakomeye mu Rwanda.[5]

Irushanwa rya Guma Guma hindura

Nk’itsinda rije muri iri rushanwa bwa mbere[6], bavugaga ko byinshi bitabagoye cyane kubera ko n’ubundi yari azi neza icyo bisaba ngo witware neza kubera igihe yari amaze /ariwe MC muri iri rushanwa.[7]

References hindura

  1. https://inyarwanda.com/inkuru/70384/tbb-babonye-iturufu-izabafasha-kwandika-amateka-mu-muziki-ny-70384.html
  2. https://bwiza.com/?Kuvuga-ko-amatsinda-y-abahanzi-azaramba-ni-nk-ubuhanuzi-bw-ibinyoma
  3. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-28. Retrieved 2022-09-28.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  4. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-28. Retrieved 2022-09-28.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  5. https://rwandamagazine.com/imyidagaduro/article/rubavu-bvwt-jay-polly-yahoberaniye-ku-rubyiniro-n-umugore-we-byizihira-benshi
  6. https://ar.umuseke.rw/abibwira-ko-nta-live-music-tuzashobora-bazumirwa-tbb.hmtl
  7. https://yegob.rw/dore-abahanzi-nyarwanda-5-bakunda-agatama-mc-tino/