Rwanyindo Kayirangwa Fanfan
Rwanyindo kayirangwa Fanfan umunya politike wumunya Rwandakazi wabaye minisitiri uyubora minisiteri yabakozi nu murimo mu Rwanda kuva taliki 31/ ukwakira/ 2017.[1] hindura
Amashuri yize hindura
Yabonye Kandi impanya bushobozi yikiciro cya kabiri cya kaminuza muri afurika yepfo (Witwatersrand) mubijyanye na mategeko (master of laws).
Ubwene gihugu hindura
Rwanyindo kayirangwa Fanfan yavukiye mu Rwanda
Umurimo akora hindura
Politiki
Minisitiri wumuririmo na bakozi mu Rwanda
Aho yakoze hose hindura
muri 2004 yakoraga murukiko rukuru rw'URwanda.
Muri 2008 yajyiye gukora murukiko rwubucuruzi.
Muri 2013 yatorewe umwanya wa perezida wungirije wurukiko rwubucuruzi m'uRwanda.

Taliki 31/ukwakira/2017 nibwo yahawe incingano zo kuba minisitiri wumuririmo na bakozi mu Rwanda Ari nayo Minisiteri ayobora kugeza ubu.