Rugimbaga Théogène

Rugimbaga Théogène Umunyamakuru w'Imikino mu Rwanda.

Rugimbana Umunyamakuru w'Imikino.

Ibyo wamenya kuri Rugimbana hindura

Rugimbaga Théogène yatangiye umwuga w’itangazamakuru mu mwaka 2012, yakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda birimo Flash FM, Radio 10 na Radio 1 yagezeho mu mwaka 2016.[1]Rugimbana ni izina ryubashywe mu banyamakuru b’imikino bo mu Rwanda ndetse ni umwe mu bari bamaze imyaka myinshi bogeza imikino itandukanye yiganjemo iyo ku mugabane w’u Burayi.[2]

Amashakiro hindura

  1. Nyuma y’imyaka 10 Rugimbana Theogene yasezeye... - Inyarwanda.com
  2. Rugimbana Théogène yasezeye itangazamakuru - IGIHE.com