Mutesi Gasana ni umunyarwandakazi, yatangiye kugira uruhare mu kwandika ibitabo muri 2008 aho yatangiye kujya yandika akanasohora ibitabo by'abana kugirango bijye bibafasha gukunda igihugu cy'u Rwanda no kumenya intwari zacyo, ubu ibitabo bye umunani bikaba byaremerewe kwifashishwa mu mashuri byemewe n'ikigo gishyizwe uburezi cyitwa Rwanda Basic Education Board (REB).[1] Akaba ariwe washinze Ubuntu Publishers and Arise Education Rwanda.[2]

umuyobozi wa Arise Education hindura

umuyobozi wa arise education Mutesi Gasana avugako bahereye ku bana bagiye batorankwa mu turere dutandukanye, bakandika inkuru zashyizwe mubitabo byifashishwa mu kwiga muburyo bwo gusomandetse nokwandika.3 Avugako bityoizo nkuru zarakozwemo udutabo tuzashyirwaho ikimenyetso cy'ibitabo byemewe ku isi kandi bikitirirwa abo bana babyanditse.3

Reba hindura

  1. https://www.newtimes.co.rw/article/190972/Entertainment/gasanaas-literary-experience-as-an-author-and-publisher
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-11-18. Retrieved 2022-11-18.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)

3.https://www.kigalitoday.com/uburezi/ibikorwa-by-uburezi/article/mu-rwanda-hagiye-kuboneka-abana-bandika-ibitabo-ku-rwego-rw-isi