Mucyo David uzwi nka Madebeats mu gisata cy'Imyidagaduro mu Rwanda ni umunyarwanda ukora umwuga wo gutunganya indirimbo.[1]Uyu mwuga akaba yarawutangiye amaze gusoza amashuri yisumbuye mu ishami rya Electrical engeneering mu ishuri rya SOS Technical High School riherereye i Kagugu mu karere ka Gasabo [1]

Ubuzima Bwite hindura

Madebeats w’imyaka 26, ni umuhanga mu gutunganya indirimbo. Muri iyi minsi ni umwe mu bakoranye n’abahanzi bafite amazina akomeye mu muziki w’u Rwanda no mu karere. Yinjiye muri uyu mwuga abifashijwemo na Producer Nicolas afata nk’umusingi w’ibikorwa bye.[2][3] Muri iyi minsi ni umwe mu basore bamaze kubaka izina mu mitima y’abakunzi ba muzika mu Rwanda cyane mu batunganya indirimbo ni umusore mu muziki umaze igihe gito amaze gukora indirimbo nyinshi zamamaye hano mu Rwanda kandi z’abahanzi b’ibyamamare.[4]

amashakiro hindura

https://web.archive.org/web/20220922043635/https://www.igihe.com/imyidagaduro/article/producer-madebeats-agiye-kwimukira-mu-bwongereza

  1. 1.0 1.1 "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-22. Retrieved 2022-09-22.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-26. Retrieved 2022-09-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://www.newtimes.co.rw/article/188038/Entertainment/madebeats-to-be-the-first-rwandan-producer-to-release-own-album
  4. https://inyarwanda.com/inkuru/80460/producer-madebeat-umaze-iminsi-agezweho-mu-rwanda-yamaze-kuv-80460.html