Ishyo Foods Ltd ni kampani yashinzwe na rwiyemezamirimo witwa Akanyana Shalon akaba nawe umuyobozi wayo. Shalon yatangiye ubu bucuruzi ahereye ku nkomoko yoroheje akunda guteka aho yari mugikoni akabyitekera.[1] [2]

Uko igitekerezo cyaje hindura

Ishyo Foods Ltd, Ibona u Rwanda nki igihugu gifite ubutaka byiza bukungahaye ku ntungamubiri ndetse hamwe n’ikirere cyiza, hamwe no guhinga, imbuto nziza, kandi hari mashyo atandukanye atanga amata akungahaye ku ntungamubiri.[3]

Ibyo bakora hindura

Ishyo Foods Ltd ifasha gukemura ikibazo cyibiribwa, aho itanga imbuto zirimbwa ndetse na yahurute zifite ubuziranenge kandi zihendutse. Kuko, imiryango imwe ni mwe yomu Rwanda itunzwe nibiribwa bihendutse, kandi usanga bitumizwa mu mahanga. Ibyo biryo byose bakabikoresha bikiri bibisi cyangwa bikiri bizima.[1]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 https://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ba-rwiyemezamirimo-b-abagore-biyemeje-kuba-ku-isonga-mu-gutanga-imisoro
  2. http://ishyofoods.rw/about/
  3. https://mobile.igihe.com/ubukungu/ishoramari/article/uko-usengimana-yayobotse-ubuhinzi-abitewe-n-inzara-iri-muri-afurika