Inkengero z'ikiyaga cyangwa uruzi

Ubusobanuro hindura

Inkuka ni ubutaka buhehereye bubonekaho ibyatsi kurusha ibiti cyangwa ibiti bikunze kugaragara ku nkengero z’ibiyaga n’imigezi ku buryo biziba icyuho hagati y’indiri y’urusobe rw’ibinyabuzima byo mu mazi no ku butaka.[1][2][3][4]

Inkombe hindura

 
inkuka

Ubutaka buri muri metero 50 uvuye ku nkombe z’ibiyaga na metero 10 uvuye ku nkombe z’imigezi buri mu mutungo rusange wa Leta, Itegeko rigenga Ibidukikije mu Rwanda , rivuga ko bitemewe gushyira ibikorwa by’ubuhinzi cyangwa inyubako mu butaka buri muri izo metero.[5][6][7]

Amashakiro hindura

  1. https://www.bbc.com/gahuza/amakuru-44397962
  2. https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6507620.html
  3. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umuti-w-ubukene-no-gukemura-ibibazo-by-abaturage-akari-ku-mutima-wa-minisitiri
  4. https://leprophete2.rssing.com/chan-63237759/all_p2.html
  5. https://www.rema.gov.rw/info/details?tx_news_pi1%5Baction%5D=detail&tx_news_pi1%5Bcontroller%5D=News&tx_news_pi1%5Bnews%5D=341&cHash=9f418890779dcd5c55140d7558d8d113
  6. https://umuseke.rw/2021/04/amazi-arenga-inkombe-za-tanganyika-yafunze-ibikorwa-numuhanda-i-bujumbura/
  7. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-24. Retrieved 2023-02-24.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)