Inkoranyamagambo y'abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda

Kubufatanye bw'imiryango irengera abafite ubumuga mu Rwanda hashyizwe hanze inkoranyamagambo y'abafite ubumuga bwo kutabona yanditswe mu buryo bwa Braille ikazaba imwe mubikorwa bigamije gufasha abana bafite ubumuga kwisanga muri gahunda yo gukundisha abana gusoma.

Umusaruro wa Braille kubabana n'ubumuga bwo kutabona. hindura

Umuyobozi mukuru w'umuryango Nyarwanda w'abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, Samuel Munana avuga ko iriya nkoranyamagambo izazamura urwego rw'uburezi mu Rwanda ku bana bafite ubumuga bwo kutumva ndetse no kutabona[1].

Reba hano hindura

  1. https://radiotv10.rw/abana-bafite-ubumuga-bwo-kutabona-bari-gufashwa-kugendana-nabandi-mu-muco-wo-gusoma/