Impanuka zituruka kuri karemano

Akarere

hindura
 
Ikirere

Kuba ruherereye mu kibaya cya Rift ya Afurika hafi y’Ikirunga cya Nyiragongo no hafi y’ibiwzazane biterwa n’Akarere kari hagati y’Ihuriro ry’imirambararo ifite ubushyuhe (ZCIT) ku mugabane, u Rwanda rubangamiwe n‘impanuka karemano zikomoka ku mihindagurikire y’ikirere cyangwa y’ibintu byo mu nda y’isi.[1][2]

Impanuka

hindura

Zimwe muri izo mpanuka ni : izuba rikabije, imvura y’amahindu, imyuzure, inkangu, imitingito, kuruka kw’ibirunga n’ibyorezo. - Mu myaka 10 ishize, izi mpanuka zabaye mu by’ukuri mu gihugu cyose. Izi mpanuka zirushaho kugira ubukana bitewe n’imihingire mibi, itemwa ry’amashyamba no kwangiza ibidukikije ari byo bimwe muri ibyo.

Amashakiro

hindura
  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/iyo-umwana-agwingiye-kugeza-ku-myaka-ibiri-ntakira-minisante
  2. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette