Ibitaro bya Gisirikare by'u Rwanda

Ibitaro bya Gisirikare by'u Rwanda, ni bimwe mu bitaro bikuru by'igihugu, aho byakira abarwayi baturutse hirya no hino mu gihugu baje kuvurwa n'inzobere zihakorera[1].

Ibitaro

Aho biherereye hindura

Ibi bitaro bihererey mu mujyi wa Kigali, Akarere ka Kicukiro, i kanombe ku muhanda wa KK739ST.

 
Ibitaro bya Gisirikare biherereye i Kanombe

Imikorere hindura

Ibitaro bya gisirikare by'u Rwanda bikorera mu buryo butandukanye aho byakira kandi bikohereza abarwayi ba Gisirikare n’abasivili aho bibaye ngombwa ndetse no ku nzobere zitandukanye nka[2]:

  • Ubuvuzi bw’amagufa
  • Ubuvuzi rusange
  • Ububazi bw'ubwonko n'urutirigingo,
  • kubyaza nibijyanye nabyo,
  • Ubuvuzi bw'indwara z'imbere mu mubiri,
  • Ubuvuzi bw'abana,
  • Ubuvuzi bw'indwara z'uruhu
  • nibindi…

Icyerekezo & Intego hindura

Icyerekezo: kugira ubuziranenge bwuzuye kandi butanga ubuvuzi bwiza.

Intego: Gutanga ubuvuzi bwiza ku baturage muri rusange n'abakozi ba gisirikare[3].

Reba hindura

  1. https://rwandamilitaryhospital.rw/index.php?id=23