Amapfa

hindura
 
Ibihe

Ibihe by’izuba nibyo akenshi bitera amapfa, ibura ry’ibiribwa, igabanuka ry’aamoko y’inyamaswa n’ay’ibimera, iyimuka ry’abaturage bashaakisha ibyo kurya n’inzuri. Imyuzure n’inkangu ni byo bya mbere bigize impanuka mu turere tw’ubutumburuke buhanitse, cyane cyane mu gihe cy’imvura. Muri ubwo buryo, kubera imitere y’umurambararo w’u Rwanda, kwibasirwa n'imyuzure itunguranye mu turere twinshi tw’igihugu biba bishoboka buri gihe. [1][2]

Amashakiro

hindura
  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/iyo-umwana-agwingiye-kugeza-ku-myaka-ibiri-ntakira-minisante
  2. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette