Ibidukikije n'Imiturire

imiturire

hindura
 
imiturire

Hakurikijwe ijanisha ry’ubwiyongere bwa 2,9 ku ijana buri mwaka, abaturage b’u Rwanda ubu babarirwa muri miliyoni 9,2 (2006) harimo abatuye mu mijyi bagera kuri 17 ku ijana. Biteganyijwe ko abaturage biyongera kugeza hafi kuri miliyoni 16 mu 2020 keretse nihashyirwa ingufu mu iringanizwa ry’imbyaro, mu burezi no mu ngamba z’ubukangurambaga (ROR 2000). U Rwanda ni igihugu gituwe n’abaturage benshi ku buso kurusha ibindi muri Afurika, kikaba gifite hafi abaturage 397 ku kilometero kare. Guverinoma irifuza ko ibi byazagabanukaho 2,2 ku ijana ahagana mu mwaka w’i 2012.[1]

 
Imiturire
 
ibidukikije n'imiturire
 
gutera ibiti

Ibidukikije

hindura
 
Ibidukikije

Amashakiro

hindura
  1. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije