Urwandiko rw’Abagalatiya: Difference between revisions

Content deleted Content added
No edit summary
No edit summary
Umurongo 3:
'''Urwandiko rw’Abagalatiya''' cyangwa '''Abagalatiya''' (na '''Abagaratiya''') ni [[igitabo]] cyo muri [[Bibiliya]].
 
Muri iki gitabo Intumwa [[Mutagatifu Pawulo|Pawulo]] ikabukira iby’amategeko, akavugira umudendezo dufite muri [[Yezu Kirisitu|Kirisitu]]. Hari ho abayuda, abigisha mategeko bo mu itorero ry’Iyerusalemu baje muntara y’igalatiya bakagerageza kumvisha abakristo baho ko bagomba gukurikiza amategeko yo mu Isezerano rya kera. Paulo rero yarabarwaije cyane.
Hafi imyaka 30 yaranze igihe kiri hagati y’uguhinduka kw’intumwa [[Mutagatifu Pawulo|Pawulo]] mu nzira ajya i [[Damasiko]] no guhorwa Imana kwe i [[Roma]], muri icyo gihe yagize ingendo eshatu z’ingenzi z’ivugabutumwa yambukiranya [[Aziya ntoya]], ashinga amatorero aho yajyaga hose, harimo n’intara ya [[Galatiya]].
 
Harimo imirongo myinshi yingenzi; Abagaratiya 2:20 “nabambanywe na Kirisitu, sijye uriho ahubwo ni Kirisitu muri jye” ariko igice cya 5 cyaba ari cyo gice gikuru cyerekana uko tuba tumeze iyo turi mubutware bw’umubiri (imirimo ya kamere) kandi cyikagaragaza uko tuba tumeze iyo umwuka wera ariwe uri mubutware (imbuto z’umwuka) hanyuma abagaratiya 5:13 haduhamagarira gukoresha umudendezo dufite muri Kirisitu nk’amahirwe yo gufashanya murukundo.
 
Hafi imyaka 30 yaranze igihe kiri hagati y’uguhinduka kw’intumwa [[Mutagatifu Pawulo|Pawulo]] mu nzira ajya i [[Damasiko]] no guhorwa Imana kwe i [[Roma]], muri icyo gihe yagize ingendo eshatu z’ingenzi z’ivugabutumwa yambukiranya [[Aziya ntoya]], ashinga amatorero aho yajyaga hose, harimo n’intara ya [[Galatiya]].
 
Ariko aho Pawulo yashingaga amatorero hose, abizera b’Abayuda (bazwi nk’abaharanira ubuyuda) bakemangaga ububasha bwo kuba intumwa kwa Pawulo kandi bagacengera muri ayo matorero bakarwanya ubutumwa bwe bw’agakiza kubwo ubuntu gusa, binyuze mu kwizera bagatsindagira ko abizera b’abanyamahanga bongeraho imirimo myiza no gukomeza amategeko (harimo no gukebwa nk’ibisabwa kugira ngo haboneke agakiza).