I rwamagana zirakamwa

I Rwamagana iwabo w'amata n'ibisabo mugisobanuro nyakuri cya rwamagana harimo ko rwamagana bisobanuye amagana ,mu kinyarwanda tuzi neza ko amagana ni inka nyinshi cyangwa amashyo .rero i rwamaniyo mpamvu baherako bahita i wabo w'amata n'ibisabo ,rwamagana ni hamwe muhantu hateye neza cyane muburyo bwo kubona ibyatunga amatungo hari ibyanya byahariwe ubuhinzi bwo guhingamo ubbwatsi bwamtungo ingero gishali:nihamwe hari igishanga gishobora kuba cy'ahingwamo ubwatsi bwamatungo.[1]

hindura

UMUSARURO W'AMATA MURI RWAMAGANA NTABWO UGIPFA UBUSA

hindura

muri rwamagana hari mcc zitandukanye zifite ubushobozi bwo kwakira umusaruro w'ibikomoka kumatungo byumwihariko amata ingero harimo ,MCC YA NSINDA yavuguruwe mumwaka wa 2022 ikaba yakira umusaruro w' amata wabaturage batuye muri nsinda mu murerenge wa muhazi,irindi kusanyirizo riri mumurenge wa GISHALI hafi yicyanya cy'inganda cya mwurire .

  1. RWAMAGANA.GOV.RW