Mu Rwanda haba umuco wo korora amatungo atandukanye muri ayo amatumgo harimo amatungo

yafatwaga nk'ingenzi cyane kuruta ayandi kuko bayubahaga muri ayo matungo twavugamo Inka[1]

Umukobwa uri Gucunda amata mu Gisabo

kuko abanyarwanda bubahaga inka kuburyo batashoboraga kuvuga bimwe mubikomoka ku nka uko biboneye.

Gucunda hindura

Gucunda ni umuhango wakorwaga n'abari cyangwa abakobwa mu Rwanda bafataga amata bakayatereka mu Gisabo[2]

bakazunguza kugeza amata avuze (kuvura) ubundi bakayacunda amata barayacunda kugeza avuyemo amavuta.[3]

Reba hano hindura

  1. https://mobile.igihe.com/umuco/amateka/article/amazina-y-ahantu-akomora-inyito-ku-ihangwa-ry-igihugu-igice-cya-mbere
  2. https://millecollinesinfos.com/abana-bagomba-kwigishwa-gucunda-amata-no-kuyabuganiza/
  3. https://mukirambi.com/amavuta-yinka-agira-akamaro-mubuzima-bwabanyamulenge/