Esperance Munganyinka
Dr Munganyinka Esperance hindura
Dr Esperance ni umuyobozi wishami ry'igihugu ry'igihugu ry'ubushakashatsi n'ikigega cyashyiriweho
innovation (NRIF) mukigo cy'igihugu cy'ubumenyi n'ikoranabuhanga (NCST). akaba ari umwe mubagore
Imirimo yo hambere hindura
Madamu Dr Esperance mbere yuko atangira imirimo ye muri (NCST) mu mwaka 2020, yari amaze imyaka 12[2]
akora nk'umushakashatsi mubya siyanse mukigo k'igihugu kiterambere ry'ubuhinzi n'ubworozi mu Rwanda
aho yibandaga mubyubushakashasi, amahugurwa n' amasomo ajyanye nibinyabuzima nubumenyi mubuhinzi.[3]
Ubushakashatsi n'akamaro hindura
ubushakashasi bwe bwa mubashishije gusohora inandiko 10,bimwe mubyatumye atsindira ibihembo
byinshi bitandukanye bishingiye ku mishinga itandukanye y'ubushakashatsi.[4]
Reba hindura
`
- ↑ https://kura.rw/rw/urugero-rwiza-ku-bana-babakobwa-abagore-10-bindashyikirwa-muri-siyansi-nikoranabuhanga-mu-rwanda/
- ↑ https://owsd.net/member/munganyinka-esperance-2
- ↑ https://www.youtube.com/
- ↑ "Archive copy". Archived from the original on 2023-07-31. Retrieved 2023-07-31.
{{cite web}}
: CS1 maint: archived copy as title (link)