Ejo heza yangijwe 29 Kamena 2017 ni gahunda ya Leta (Rwanda Future Music Organization) igamije gufasha Abanyarwanda n’abanyamahanga batuye mu Rwanda, kwizigamira by’igihe kirekire, igashyirwa mu bikorwa n’izego z’ibanze zegerejwe abaturage.[1] Nyuma y’igihe gito umushinga utangijwe Utangaje ko ugiye gutangiza gahunda yo gushakisha impano mu rubyiruko rw’u Rwanda hagamijwe gushishikariza urubyiruko kwihangira umurimo no kwizigama binyuze mu mpano rufite, ikaba ari gahunda yuyu mushinga bwatangaje ko bazanyura mu Ntara zose z’igihugu n’Umujyi wa Kigali, Abahanzi batanu bazatoranywa bazakurikiranwa mu gihe cy’umwaka mu bikorwa byabo bya muzika bagirwa inama, kubafasha gukora ibihangano, gutegurwa mu gihe bagiye kwitabira ibitaramo n’ibindi.[2][3]

AMASHAKIRO hindura

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/uturere-dutanu-twahize-utundi-muri-ejoheza-twagenewe-ibihembo
  2. https://www.teradignews.rw/umushingaejo-heza-washyize-igorora-urubyiruko-rufite-impano-yo-kuririmba/
  3. https://ejoheza.gov.rw/ltss-registration-ui/landing.xhtml#page-top