BDF imaze gutanga miliyari 87 Frw yo guteza imbere imishinga mito n’iciriritse mu rubyiruko.[1]

ITANGIRIRO hindura

BDF yatangijwe mu 2011, aho itanga ingwate ya 50% ku nguzanyo rwiyemezamirimo ufite umushinga uciriritse aba yatse mu kigo cy’imari ariko ikagira umwihariko ku rubyiruko, abagore ndetse n’abafite ubumuga aho bo bahabwa ingwate ya 75% ku nguzanyo baba batse.[1][2]

AHO IKORERA hindura

BDF Kugeza ubu ikorera mu turere twose tw’igihugu aho ifite amashami 30 mu Rwanda hose, atangirwamo serivisi zitandukanye zirimo n’izagenewe guteza imbere abagore, abafite imishinga y’ubuhinzi, n’izindi.[1][2]

ABO IMAZE GUFASHA hindura

Kuva BDF ishinzwe muri 2011 imaze gufasha abagera ku bihumbi 15, barimo abagore basaga ibihumbi 12, muri rusange BDF ikaba imaze gutanga amafaranga asaga miliyali 80 z’amafaranga y’u Rwanda.[2]

IMISHINGA[3] hindura

AMASHAKIRO hindura

  1. 1.0 1.1 1.2 "Archive copy". Archived from the original on 2022-11-12. Retrieved 2022-11-12.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. 2.0 2.1 2.2 "Archive copy". Archived from the original on 2022-11-12. Retrieved 2022-11-12.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ishoramari/article/bdf-imaze-gufasha-imishinga-ifite-agaciro-ka-miliyari-87