Amategeko n'amateka birengera abafite ubumuga mu Rwanda

Igitabo cy'urwunge rw'amategeko n'amateka birengera abafite ubumuga mu Rwanda iki gitabo cyashyizweho umukono

na leta kuya 01/03/2016 I Kigali ni igitabo gikubiyemo amategeko n'amateka arengera abafite ubumuga mu Rwanda[1]

Amwe mu mategeko arengera abafite ubumuga mu Rwanda hindura

ITEGEKO N° 01/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABAFITE UBUMUGA MURI RUSANGE

ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KURUGAMBA

ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/2009 RYO KUWA 19/6/2009 RIGENA UBURYO BWO KOROHEREZA ABAFITE UBUMUGA GUKORA NO GUKURIKIRANA IBIKORWA BY'UMUCO N'IMYIDAGADURO N'IMIKINO

ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/cab.M/09 RYO KUWA 27/07/2009 RIGENA UBURYO INYUBAKO ZITZNGIRWAMO SERIVICE ZITZNDUKANY ZIKORERWA ABATURAGE ZIGOMBA KUBA ZITEYE MUBURYO BWO KOROHEREZA ABAFITE UBUMUGA

ITEKA RYA MINISITIRI N° 20/18 RYO KUWA 27/7/2009 RIGENA UKO ABAFITE UBUMUGA BASHYIRWA MU BYICIRO SHINGIRO HAKURIKIJWE UBUMUGA BWABO

ITEKA RYA MINISITIRI N°20/19 RYO KUWA 27/7/2009 RIGENA UBURYO BWO KOROHEREZA ABAFITE UBUMUGA MU KWIVUZA

ITEKA RYA MINISITIRI N° 03/19.19 RYO KUWA 27/7/2009 RIGENA UBURYO BWO KOROHERREZA ABAFITE UBUMUGA KUBONA UMURIMO .....

Aya mategeko kimwe nandi akubiye muri iki gitabo yashyizweho na leta yu Rwanda muburyo bwo korohereza abafite ubumuga mu Rwanda

ndetse no kubarengera.

Amasezerano mpuzamahanga kuburenganzira bw'abantu bafite ubumuga hindura

Integonyaya masezerano ni uguteza imbere, kurengera no guha uburenganzira bwa muntu busesuye n'ubwisanzure bw'ibanze abantu bose bafite ubumuga no kiubaha icyubahiro cyabo bakwiye mubuzima bwa buri munsi.

Bariza hano hindura

  1. https://www.ncpd.gov.rw/fileadmin/Reports/NCPD_ok_Urwunge_rw_Amategeko_Arengera__01.pdf