Amashyiga ya Biogaz

Amashyiga ya Biogaz ni amashyiga yifashishwa muguteka kuko atagira imyotsi cyangwa undi mwanda wose haba kubukoresho cyangwa ku mutetsi. ni amashyiga ari mu umuhigo w’Isi n’u Rwanda wo kurinda Isi habungabungwa ibidukikije.[1][2]

Amashyiga ya Biogaze
Amashyiga ya Biogaz

Amashyiga ya Biogaz hindura

Aya mashyiga ya Biogaz yatanzwe ku bufatanye bwa UNDP ndetse na Leta y’u Rwanda. Uko ari 500, yasaranganyijwe ku buryo bungana ku buryo mu Karere ka Ngoma, yahawe abaturage 250 n’abandi 250 mu Karere ka Rwamagana.[1]

Abaturage hindura

kubera ikirere cyahindutse kandi Intara y’Iburasirazuba irangwamo amapfa ahanini biterwa n’uko nta mashyamba ahari kandi n’ahari abaturage bayakoresha mu gucana rero kurinda amashyamba ahari ahari birasaba gukoresha aya mashyiga ya Biogaz akaba ariyo yifashishwa.[1][3]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/imiryango-500-yubakiwe-amashyiga-ya-biogaz
  2. https://thesourcepost.com/abubakiwe-biogaz-na-rondereza-ntibakibikoresha-kubera-kutamenya-kubyisanira/
  3. http://www.igihe.wikirwanda.org/cache/news-7-26-11308-1html