U Rwanda rufite indiri y’urusobe rw’ibinyabuzima zinyuranye[1]: indiri z’urusobe rw’ibinyabuzima kamere zigizwe n’amashyamba y’inzitane yo mu misozi miremire, amashyamba mato yo mu duhanga tw’imisozi ,umukenke, ahantu hahehereye n’amashyamaba y’matereno. Ahantu hakomye ho mu Rwanda hagizwe n’Ishyamaba rya Cyimeza[2] rya Nyungwe, Pariki Nasiyonali y’Akagera, Pariki Nasiyonali y’Ibirunga na Pariki Nasiyonali y’Akagera n’aho hantu harinzwe[3] ho mu Rwanda hagizwe n’ishyamba rya cyimeza rya Mukura, n’amashyamba ya Cyamudongo, Busaga, Umukenke wo mu burasirazuba[4]. Ishyamba rya cyimeza rya Gishwati ryo riri hafi kuzimangatana.

Rwanda Forest
Gutera amashyamba

Reba aha hindura

  1. Gutera Amashyamba
  2. https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/amashyamba-ni-nk-ibihaha-by-umuntu-tuyabungabunge-minisitiri-mujawamariya
  3. https://igihe.com/ibidukikije/article/byinshi-ku-mushinga-green-gicumbi-ukomeje-gukora-itandukaniro-mu-kurengera
  4. https://muhaziyacu.rw/amakuru/ibidukikije/amashyamba/