APR FC ni Ikipe y’ingabo z’igihugu cyu Rwanda.[1][2]

President w'icyubahiro wa APR FC

AMATEKA

hindura

APR FC mu mwaka wa 2022 mu mikino nyafurika ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo CAF CHAMPIONS LEAGUE iyi kipe y' ingabo z' igihugu ifite ibigwi bitari bike hano mu Rwanda ariko hanze y' imbibi z' u Rwanda nta bigwi bihamye iragira. aya mateka yatangiye ubwo MUGUNGA Yves yatsinda US Monastir igitego kimwe ari nacyo cyaranze uwo mukino wo kuwa 10 Nzeri 2022, wabereye kuri stade mpuzamahanga ya Huye, ndetse ubu kuri icyi cyumweru APR FC ifite umukino wo kwishyura uzabera i Monastir muri Tunisia.[3] [4]

uko ikipe ya APR muriyimisti yubaste

hindura

Urwego ruremereye shampiyona yo mu rwanda y'icyiciro cya mbere mu rwanda amakipe akomeje guhangana kurwegorwohejuru harimo nki kipe ya reyon-sport ifite amanota(59) ikipe ya APR ifite amanota(58) abafana ba APR bakomeje kwibwza niba izatwara igikombe bitewenibibazo ifite kuruyu wa kabiri umutoza Darko vonic' nabamwugirije birukanywe bitewe numusaruro muke abafana bakomeje kwibaza niba imikino itatu basigaje bazayistinda

AMASHAKIR

hindura
  1. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-14. Retrieved 2022-09-17.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://www.teradignews.rw/?s=apr+fc
  3. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-20. Retrieved 2022-09-18.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  4. https://www.besoccer.com/match/apr-fc/us-monastirienne/2023294199