Women Foundation Ministries

Women Foundation Ministries cyangwa se Nobel Family Church ni itorero ryatangijwe Apotre Mignone, Ubundi ababyeyi be bamwise Umunezero Alice ariko baza kumuhimba Mignone, ni umugore wa Eric Kabera wamamaye muri sinema nyarwanda babyaranye abana batatu, .[1]

UKO BYAJE hindura

Apotre Mignone Ati Yaje mu ishusho y’umuntu iramvugisha hanyuma irambwira ngo ndashaka ko ujya kumpera abagore amaboko. Numvaga ibyo bintu bidasobanutse hanyuma ndireba ndebye ayanjye nsanga nayo ni ibice, irambwira iti ‘singira iyi nkoni (isobanura ubutware) noneho negerejeho ya maboko yanjye y’ibice mbona araje noneho ndafata, arambwira ngo genda iyi nkoni uyikoze kuri buri mugore wese ubona”.[2]

ABAGORE hindura

Apotre Mignone Imana yamutumye  guha abagore mu buryo butatu harimo mu buryo bw’umwuka (kwigisha ijambo ry’Imana), mu buryo bw’amarangamutima (komora ibikomere) no mu bifatika, Nyuma y’imyaka itandatu agize iyerekwa, dore ko yari asanzwe ibyerekeye ubujyanama, Apotre Mignone yashyizeho gahunda y’amasengesho yo ku wa gatanu ahereye ku ntebe 25 bagenda baguka kugeza babonye aho bakorera habo.[2]

URUSENGERO hindura

Apotre Mignone Ni we watangije umuryango witwa Women Foundation Ministries hamwe n’urusengero rwitwa "Nobel Family Church".[1]

AMASHAKIRO hindura

  1. 1.0 1.1 https://inyarwanda.com/inkuru/42042/women-foundation-ministries-noble-family-church-ku-nshuro-ya-gatanu-yateguye-umunsi-wo-gushima-imana-thanksgivig-in-action-2012--42042.html
  2. 2.0 2.1 "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-20. Retrieved 2022-09-19.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)