We for Them & Music

Amateka

hindura

Mu Murenge wa Musha mu karere ka Rwamagana .[1]Hagara gaye abanyeshuri b'urubyiruko b'akoze itsinda ryitwa"We For Them & Music".Bakomeje gukangurirra Urubyiruko muri rusange uko rwakwitwara kandi bagakoresha imbaraga zabo zose.

Ibikorwa

hindura

Urubyiruko n’abayobozi ba ‘We for Them & Music’ ibi nibyo bagarutseho ubwo basuraga abarwayi bo ku bitaro bya Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Amashakiro

hindura
  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/urubyiruko-rurasabwa-gukora-ibikorwa-by-ubutwari-hakiri-kare