Urwuri cyangwa igikuyu cyangwa igisambu ni umurima munini cyangwa mutoya uzitiye cyangwa utazitiye ariko wagenewe kuragirwamo n'amatungo buruyro bwose, harimo ibyatsi cyangwa ibiti birirwa n'amatungo nka sitariya, urubingo , urwiri, kimari terebusakumu.[1][2][3][4]

Urwuri
Urwuri

Ibiranga urwuri hindura

  • Kuba harimo amazi
  • Kuba hari igihande gihinze nka 30% byarwo
  • Kuba hari Ibyatsi bihunitse bikoreshwa mugihe cy'impeshyi
  • ibiraro by'ubakiye .[1][3]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 https://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hatangijwe-gahunda-y-urwuri-rw-icyitegererezo-iburasirazuba-yitezweho-kongera
  2. https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/umworozi-akurikiranyweho-kuvogera-urwuri-rw-uwo-yagabiye-ntamwiture
  3. 3.0 3.1 https://rba.co.rw/post/RAB-igaragaza-koumubare-wInka-zibarizwa-mu-Ntara-yIburasirazuba-utajyanye-numusaruro-zitanga
  4. https://panorama.rw/nyabihu-cyuma-aratabariza-inka-ze-nyuma-yo-kwamburwa-urwuri-yaguze-rukagurishwa-abandi-rwihishwa/