Urubyiruko mu kurwanya Sida

SIDA ni kamwe mugakoko kandurira mumibonano mpuza bitsina idakingiye. Sida akaba arirwa yandura ariko kugeza magingo aya ntamuti wayo uraboneka.

Sida ni icyorezo gitinyitse kuri buri wese, ikaba imwe mu ndwarazikunze kwica abantu benshi kw'isi, byagera kumugane wa afrika bikaba akarusho bitewe nuko hakigaragara ubwandu bwiyongera kubwinshi umunsi ku munsi.

Nkurubyiruko rero nibo bafata iyambere mukurwanya aka gakoko gatera Sida binyuze muburyo bunyuranye kugirango babashe kwirinda no kurinda abandi.usanga akenshi urubyiruko arirwo rwanduye aka gakoko gatera Sida akaba ariyo mpamvu rukagurirwa kuyirinda no kurinda abandi.

Urubyiruko ruvugko kugira sida ikwirakwire hari bamwe mu rubyiruko batipimisha banakora imibonano ntibakoreshe agakingirizo.[1]

NIGUTE WAKIRINDA SIDA

Mbere na mbere haza kwifata. Iyo kwita byanze ukoresha agakingirizo haba umuhungu cyangwa umukobwa. kandi ningombwa kwipimisha kugirango tumenye uko ubuzima bwacu buhagaze. Mugihe wipimishije ugasanga waranduye ihutire guhita utangira gufata imiti igabanya ubukana kandi ukirinda kwanduza bagenzi bawe.[2]

  1. https://igihe.com/ubuzima/indwara/article/ubwandu-bwa-sida-mu-rubyiruko-bwasembuye-ubukangurambaga-muri-za-kaminuza
  2. https://igihe.com/ubuzima/indwara/article/impamvu-muzi-zituma-urubyiruko-arirwo-rwandura-sida-ku-bwinshi-mu-rwanda