UMURENGE WA KIGABIRO
Umurenge wa kigabiro ni umwe mumirenge igize akarere ka Rwamagana[1]. ukaba uherereye mu ntara y' iburasirazuba[2].
Umurenge wa kigabiro uyoborwa n' Umunyamabanga nshingwabikorwa witwa RUSHIMISHA Marc.
Umurenge wa kigabiro w' ubatsemo gare igezweho yakarere ka Rwamagana.