UMUBAGABAGA ni igiti kivura kandi kigafasha cyane mu muco nyarwanda

Umubagabaga

kuvura hindura

Umutwe ubabara : hindura

uvuguta amababi 3-4 y’umucyuro= umubagabaga, ukayashyira ku mazuru ugakurura umwuka. Igihe utari wakira wakomeza kuwukoresha.[1]

Umutima ubyimba (cardiomegaly): hindura

 
Umubugabuga

umukamato w’amababiy’umucyuro (umubagabaga) uyateke muri litiro y’amazi, ujye unywa ikirahure 1 mu gitondo, 1 kumanywa, 1 nimugoroba buri munsi, ibyumweru 2.[2]

Inzoka zo mu mara, Impatwe (constipation) : hindura

uvanga umukamato w’amababi n’undi 1 w’ibishishwa by’umuzi by’umucyuro (

 
Ubugabuga

umubagabaga) na litiro y’amazi ashyushye. Ubiyungurure, unywe ikirahure 1 mu gitondo, 1 ku manywa, 1 nijoro.[3]

Indwara y’uruhu (mycoses): hindura

usekura umukamato w’amababi n’umukamato w’ibishishwa by’igiti cy’umucyuro, byanoga

ukabivanga n’amavuta y’amagaja ukisiga aharwaye ku ruhu.

Uburibwe bukabije (les douleurs intenses): hindura

usekura umukamato w’amababi mashyashya ukayavanga n’amazi amaze kubira litiro 1.

 
Ubuga

Ukanywa ibirahure 2 icyarimwe nimugoroba. Ingaruka zidakenewe ziterwa n’uyu muti ni impiswi, nyuma yaho usinzira neza.[4]

kuwunywa utogosheje uvura igifu.[2][3] hindura

Amashakiro hindura

  1. https://www.youtube.com/watch?v=eLouzz6r6rM
  2. 2.0 2.1 https://web.archive.org/web/20230227164211/https://genesisbizz.com/Bamwe-mu-bavuzi-gakondo-mu-Rwanda-barifuza-gukora-ubushakashatsi-ku-muti-wa
  3. 3.0 3.1 https://www.rba.co.rw/post/Hari-bavuzi-gakondo-mu-Rwanda-barifuza-gukora-ubushakashatsi-ku-muti-wavura-COVID19
  4. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-27. Retrieved 2023-02-27.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)