Shadrack Kabango

Shadrack Kabango uzwi ku izina rya Shad, umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bakomeye[1] ubarizwa mu gihugu cya Canada,

Amateka hindura

Ubuzima bwite hindura

Shadrach Kabango[2] yavukiye muri Kenya ku itariki ya 18 Nyakanga 1982. Avuka ku babyeyi b’abanyarwanda. Yakuriye i Londres na Ontario kubera akazi k’ ababyeyi be.Album ze nka When This Is Over (2005), The Old Prince (2007), TSOL (2010) na Flying Colours (2013) zaraguzwe cyane. Kuri album When This Is Over, hariho indirimbo yise I will not understand igaruka kuri Jenoside, iriho n’imivugo yanditswe na nyina Bernadette Kabango.[3] Nyinshi mu ndirimbo ze zarebwe inshuro zisaga[4] 1,000,000.

References hindura

  1. https://inyarwanda.com/inkuru/62784/umuhanzi-nyarwanda-shadrack-kabango-yamaze-kubona-akazi-kuri-radiyo-ikomeye-muri-canada-62784.html
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-21. Retrieved 2022-09-21.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://bwiza.com/?Abahanzi-10-bakomoka-mu-Rwanda-babaye-ibyamamare-ku-isi
  4. https://flash.rw/urutonde-rwabahanzi-10-bibyamamare-ku-isi-bakomoka-mu-rwanda/