Nkusi Thomas wamenyekanye cyane ku izina rya Yanga yavutse mu mwaka w' 1980 yitaba Imana mu 2022

Amateka hindura

Nkusi Thomas wamenyekanye cyane ku izina rya Yanga yavutse mu 1980[1]. Nkusi thomas yashakanye na Eriko umugore w'umuyapanikazi mu mwaka w'2011 babyarana abana 2.[2]

Amashuri yize hindura

Imirimo hindura

Mu 1998, Yanga yatangiye gusobanura amafilime abitangirira aho bita kuri 40 i Nyamirambo kwa Mayaka. Yanga yakomeje kubikora nk'umwuga akabikorera mubice bitandukanye nka Remere, Kicukiro, Kabeza na Kanombe hari ahantu abantu bahurira bakareba izo filime yasobanuye. Yanga nubwo yatangiye mu 1998 yamenyekanye cyane kuva mu mwaka wa 2000 kugeza mu mwaka wa 2013.[3]

Amashakiro hindura

  1. https://umuryango.rw/ubuzima-115/iyobokamana/article/nkusi-thomas-wamenyekanye-mu-gasobanuye-nka-yanga-yahishuye-ukuntu-imana
  2. https://inyarwanda.com/inkuru/120426/umugore-wa-yanga-wumuyapanikazi-yavuze-ku-rukundo-yamukunze-bizamura-amarangamutima-ya-ben-120426.html
  3. https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/sinema/article/byari-amarira-n-agahinda-mu-gushyingura-nkusi-thomas-yanga