Ndabaga Impact ni umuryango utegamiye kuri Leta washinzwe mu mwaka w'2015 n'abanyeshuri bigaga mu mashuri yisumbuye, uyu muryango waje gutangira ibikorwa byawo ku mugaragaro mu kwezi Kamena umwaka w'2018[1] .

uyu muryango ukaba ukora ibikorwa by'ubushakashatsi, ubujyanama, kongerera urubyiruko ubumenyi ku buhanzi n'ibiganirompaka bihuza amatsinda y'urubyiruko n'abakuru bagasangizanya ubumenyi n'uburambe bukomatanyije[2] [1]

uyu muryango ubu uyoborwa na Gisele Sandrine Irakoze[2]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 https://www.rosalux.or.tz/partners/rwanda/
  2. 2.0 2.1 https://inyarwanda.com/inkuru/119430/ndabaga-impact-yagaragaje-ibikomere-byabana-bavutse-ku-babyeyi-bafashwe-ku-ngufu-muri-jeno-119430.html