Mutuyeyezu Oswald
Mutuyeyezu Oswald ni Umunyamakuru wa TV10 akaba n'umusesenguzi
Amateka hindura
Mutuyeyezu Oswald
Umwuga w'itangazamakuru hindura
Mutuyeyezu Oswald n'umunyamakuru ubimazemo igihe aho akora ikiganiro "Zinduka" kuri Radio/TV10 buri munsi.[1]
Ibindi hindura
Mutuyeyezu Oswald uretse kuba ari umunyamakuru akunda umuziki ku rwego ashyira bumwe mu butumwa atanga kuri Radio muburyo bumeze nk'indirimbo.Oswald yashize hanze kandi indirimbo hanze yo guhimbaza Imana, indirimbo yafatanije na Korali Mutagatifu Pawulo(Chorale Saint Paul) [1]