Muburezi hakozwe iki kubafite ubumuga

UBUREZI KUBAFITE UBUMUGA

hindura

Ndayisaba avugako ubu abafite ubumuga basigaye biga .

hindura
 
Abafite ubumuga


Ati simvuzeko bose basigaye biga ariko harinambwe imaze guterwa , ubu

ugiye mumashuri y'inshuke usangamo abafite ubumuga ndetse no muyisumbuye ,

tujyezeho abafite ubumuga batabonye buruse ubu twumvikanye nikigo gishinzwe

amashuri makuru .[1] HEC kuburyo dukora urutonde rwabafite ubumuga

tukarwoherezayo ikabaha buruse bakajya kwiga namafaranga batanze .[2]


Ubu ngo turimo kuganira aba bantu bacu bahabwe buruse bajye kwiga hanze

 
Abafite ubumuga
 
Abafite ubumuga

bagaruke baza kwita kubafite ubumuga.[3] yavuzeko ubu abafite ubumuga bwo kutumva

no kuvuga turimo gutegura inkoranyamagambo yururimi rw'amarenga, turashakako

tujyira inkoranya magambo ishingiye kumuco wacu, kuba rwakemerwa

 
Abafite ubumuga

yewe ndetse kubutyo ruzajya rujya rwijyisha nomumashuri.[4]

 
Abafite ubumuga

INKOMOKO

hindura

1.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

2.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

3.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

4.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima