Ni umunyarwandakazi ukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Akaba asengera mu itorero rya Zion Temple Kibagabaga, yatangiye gukora umuziki mu mwaka wa 2021. Akaba abarizwa muri sosiyeti ya Moriah Entertainment Group.[1]

Ubuzima bw'ishuri hindura

Yize Civil Engineering.[1]

Inkomoko y'inganzo hindura

Akiri muto yakuze akunda umuziki cyane, byumwihariko yakundaga umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, bituma akurana inzozi zo kuzaba umuhanzi ukomeye ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.[1]

Ibihangano bye hindura

Afite indirimbo yakunzwe na benshi yitwa Urakunzwe, wayibona unyuze ku rubuga rwe rwa YouTube MBABAZI Madine[1]

Reba Aha hindura

  1. 1.0 1.1 1.2 1.3 "'Moriah Entertainment' ibarizwamo Gahongayire na Patient Bizimana yungutse umuhanzikazi mushya - Igihe.com". Archived from the original on 2022-09-30. Retrieved 2022-09-30.