Adolphe Bagabo umuhanzi akaba n’umunyamakuru[1] uzwi ku izina rya Kamichi wakoraga injyana ya Afrobeat mu Rwanda, yagiye muri Leza Zunze Ubumwe za Amerika tariki 15 rishyira kuwa 16 Mata 2014 akaba ariho yimuriye n’ibikorwa bye by’umuziki.[2]

Amateka hindura

Kamichi ni umwe mu bahanzi bakunzwe[3] n’abatari bake kuva yatangira umuziki mu ndirimbo zitandukanye zirimo 'Aho ruzingiye', 'Kabimye', 'Zoubeda' yakoranye na The Ben n’izindi zitandukanye.[4]

Reba aha hindura

  1. https://inyarwanda.com/inkuru/107144/twaganiriye-byinshi-ku-buzima-bwa-kamichi-umaze-imyaka-8-muri-amerika-nigihe-azagarukira-m-107144.html
  2. https://www.umusingi.org/archives/15060
  3. https://umuryango.rw/imyidagaduro/article/kamichi-yahishuye-ikintu-gikomeye-yabonye-kuri-kazeneza-merci-kizatuma-yegukana
  4. https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/ibirori/article/kamichi-azamurika-indirimbo-ye-byacitse-mu-mpera-z-icyi-cyumweru