Kagaju Rita Ange

Kagaju Rita Ange ni umunyarwandakazi w'avukiye i Kigali mu Rwanda, Ubu akaba aba muri America. ufite ijwi ryiza rikurura abaryumva mu kuririmba. Yavumbutse kandi akuza impano ye yo kuririmba kuva afite imyaka 12 gusa, yashyize ahagaragara amashusho y'indirimbo aririmba mugihe acuranga gitari, atangira gukora alubumu yise amusezeranya aza kuyishyira kuri ya IDA yiwe, ubu akaba yaratangiye kuririmba kuva muri Werurwe 2019. [1][2]

Mu Rwanda hindura

Yatumiwe kuririmbira mu Rwanda, mu bitaramo bitandukaye nka Konnect Gala, ikurura abantu benshi mu Rwanda baza kumureba, Kagaju akunda ahanini akunda kuririmba indirimbo ze zigaragaza ibyiyumvo n'amarangamutima maze bigakurura umutima yabeshi. Muri 2020 yasohoye alubumu ya mbere yise ' Sweet Thunder ' ikubiyemo indirimbo nka 'Ibihe byiza,' Ok 'n'izindi ndirimbo nka' Jamaa '' Inshuti ',' Nta cyaha ', yari afite ubufatanye na Bumuntu Andy, Kevin Skaa na Kivumbi King.[1]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 https://www.soundsofafrica.org/rwandan-female-artists-that-have-started-trends/
  2. https://www.newtimes.co.rw/article/187047/Entertainment/my-debut-album-represents-who-i-am-as-an-artiste-says-rita-ange-kagaju