Isoko rya Biryogo

Isoko rya Biryogo[1] Ucyumva Biryogo wumva agace karangwamo ubuzima buhendutse kubahatemberera iri soko ryubazwe Muri 1999 Ryubakwa Mu Kagali ka Biryogo[2] Mu Murenge wa Nyarugenge Mu Karere Ka Nyarugenge, ryacururizwaga ibiguzi bitadukanda harimo ibiribwa,bamashuka,couvre-rit,rideau,tapis,imisego.essui main inkweto ndetse N'inkweto.[3]

Nkomoko y'Izina Biryogo hindura

Inkomoko y’izina rya Biryogo,[4] atubwira ko amateka avuga ko ryazanywe n’abazungu baje kuhatura bwa mbere, bakajya baza kuhashakira ibyo kurya dore ko ngo hari n’abatetsi b’abahanga[5]. Ati “Barazaga babazanya ahantu bakura ibiryo, hanyuma bakavuga mu rurimi rw’Icyongereza ngo (Biryo Go.) berekana aho wakura ibiryo kuko ntakinyarwanda bari bazi bagahitamo kuvanga indimi, nuko izina rihita rifata gutyo” [6]

Icyo wamenya hindura

Umuntu uvuye mu bice by’icyaro bitandukanye akerekeza mu mujyi wa Kigali,[7] iyo awuvuyemo atageze i Nyamirambo usanga bamukiniraho ko nta mujyi yagezemo. Ikindi kandi uvuze ko uzi i Kigali ariko utazi i Nyamirambo abantu bashobora kuguseka kuko bamwe ntibabura no kuhita umurwa mukuru wa Kigali.

Reba aha hindura

  1. https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abacururiza-mu-isoko-rya-muhima
  2. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/kigali-biryogo-car-free-zone-mu-isura-nshya-irimbishije-ubugeni-amafoto
  3. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/kigali-biryogo-car-free-zone-mu-isura-nshya-irimbishije-ubugeni-amafoto
  4. https://www.kigalitoday.com/imikino-11/indi-mikino/article/perezida-kagame-yakoreye-siporo-rusange-mu-gace-ka-biryogo
  5. https://www.rba.co.rw/post/Abimukiye-mu-isoko-rishya-rya-Nyabugogo-barishimira-intambwe-bateye
  6. https://umuryango.rw/ad-restricted/article/dore-inkomoko-y-izina-biryogo-agace-karangwamo-ubuzima-buhendutse
  7. https://bwiza.com/?Biryogo-Bafite-ubwoba-bw-amabandi-abanywarumogi-bari-aharunzwe-itaka