Ishyamba ry’ibisi bya Huye

Ishyamba ry'ibisi bya Huye

Intangiriro hindura

Kuba ishyamba rya Leta ry’ibisi bya Huye rikomeje kwangirika byatumye inama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamagabe yongera gusaba ubufatanye bw’abaturage n’ubuyobozi kugira ngo iri yangizwa rihagarare.[1][2][3]

Aho riri hindura

Ubusanzwe ishyamba ry’ibisi bya Huye ribarizwa mu turere dutatu aritwo Nyamagabe, Nyaruguru na Huye. Iyo misozi irenga niyo Ibisi bya Huye biriho amashyamba ya Leta yangizwa ku ruhande rwa Nyamagabe.[1][4]

 
Ishyamba

Ishyamba hindura

Hashize igihe kirenga umwaka ishyamba ry’ibisi bya Huye ryangizwa ku buryo bukomeye, aho abantu bazwi ku izina ry’ibihazi batemamo ibiti, bagatwikiramo amakara, hakiyongeraho n’ibikorwa by’urugomo bakorera umuntu wese ushaka kubabuza.[1]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/nyamagabe-iyangirika-ry-ishyamba-ry-ibisi-bya-huye-ryagarutsweho-mu-nama-y
  2. https://www.rba.co.rw/post/Huye-Ishyamba-ryibisi-bya-Huye-risa-nkirisigaye-kwizina
  3. https://ar.umuseke.rw/huye-biyemeje-gutabara-ishyamba-ryibisi-bya-huye.hmtl?nocache=1
  4. https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/Abangiza-ishyamba-ry-Ibisi-bya-Huye-bahagurukiwe