Ishyamba muri Nyaruguru

Ishyamba muri Nyaruguru

Intangiriro hindura

 
ishyamba

Abatuye mu Karere ka Nyaruguru bagiye basazurirwa amashyamba yatewe mu myaka ya 1970, barishimira inkunga batewe, by’akarusho bakanabihabwa akazi muri ibyo bikorwa kabahesheje amafaranga yo kwikenuza.[1][2][3][4]

Amashyamba ya kera hindura

 
Igiti

ni umwe mu bagize amahirwe yo gutererwa ishyamba ry’inturusu bundi bushya, mu gikorwa cy’Akarere ka Nyaruguru cyo kuvugurura amashyamba ya Leta, n’ay’abaturage byegeranye, Ishyamba bansazuriye ryari rimaze igihe kirekire kuko ryatewe muri za 73, Ryari rishaje ku buryo ritari ricyera neza. Nagombye kuba nararisazuye ku giti cyanjye, ariko byansabaga amafaranga menshi kandi n’abana baba bakeneye amafaranga y’ishuri.[1]

Ibindi hindura

Amashyamba asigaye akaba ayo gushaka ibikoresho byifashihwa, urugero nk’ingemwe mu gusazura amashyamba, Muri rusange kandi amashyamba asigaye gusarurwa ari kuri hegitari zibarirwa mu bihumbi bibiri.[1][5]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/nyaruguru-bishimira-ko-basazuriwe-amashyamba-bakanahabwamo-akazi
  2. https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/nyaruguru-barifuza-ingemwe-zihagije-z-ibiti-by-imbuto
  3. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/nyaruguru-yafashwe-azira-kwica-inyamaswa-y-ishyamba-no-gukwirakwiza-urumogi
  4. https://www.rba.co.rw/post/Nyaruguru-Abatujwe-mu-mudugudu-wa-Kivugiza-bariruhutsa
  5. http://ingenzinyayo.com/2017/05/18/akarere-ka-nyaruguruishyamba-siryeru/