Ipiganwa ry'ubutaka mu Rwanda

ubutaka
ubutaka

Ubutaka

hindura
 
Ubutaka

Inyandiko y’ipiganwa iba ikubiyemo amakuru y’ingezi akurikira.

1° ibikorwa bizakorerwa ku butaka hakurikijwe ibiteganyijwe ku gishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka, ibikenewe mu gace ubutaka buherereyemo, n’ibyihutirwa ku rwego rw’Igihugu;

2° ibikorwa biri kuri ubwo butaka;

3° ibipimo ndangahantu by’ubutaka bikozwe hakurikijwe ibipimo byemewe nyuma yo gusuzumwa n’ikigo gifite imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu nshingano;

4° andi makuru ya ngombwa mu ipiganwa hakurikijwe ishoramari rirambye rizakorerwa kuri ubwo butaka.[1]

Amashakiro

hindura
  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/itegeko-rishya-ry-ubutaka-rigiye-gutangira-gushyirwa-mu-bikorwa