Ikirere cy'akarere k'iburasirazuba

Ikirere

hindura
 
Ikirere cy'akarere k'iburasirazuba

Akarere k’Uburasirazuba bw’igihugu kahuye n’igabanuka ry’imvura mu myaka mirongo ingahe ishize. Ibyagaragaye byerekana ko hagati ya 1961 na 2005 igihe kiri hagati ya 1991 na 2000 cyahyuye n’izuba uhereye mu w’1961 .[1][2]

Iburasirazuba

hindura

Ibyagaragaye byerekana ubwiyongere bw’ubushyuhe buciriritse mu Rwanda mu myaka 20 ishize, nk’uko tubiobona mu ishusho ya 2. Ibintu byabonetse mu 2006 byerekanye ko ubushyuhe bwari burenze impuzandengo y’imyaka 32 ku birebana n’ibihe by’izuba (Mutarama, Gashyantare, Nyakanga, Kanama, Nzeli n'Ugushyingo.

Amashakiro

hindura
  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/iyo-umwana-agwingiye-kugeza-ku-myaka-ibiri-ntakira-minisante
  2. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette