Ihuriro ry’abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda-RUB

RUB (Rwanda Union of the Blind) ni Ihuriro Nyarwanda ry'Ubumwe bw'Abatabona. Iki kigo giherereye i Masaka mu karere ka Kicukiro.[1]

Ibindi hindura

Uyu muryango washinzwe  muri Kanama 1994, kandi wavuga ko wabaye igisubizo ku bantu bafite Ubumuga nk’uko bigaragazwa n’Umubare munini w’Abafite ubumunga bwo kutabona batandukanye.[2]

Intego hindura

Intego z’Uyu muryango harimo guharanira ko Abatabona bagira uburenganzira busesuye kandi mu ngeri zose ndetse no kubakorera Ubuvugizi hagamijwe kugira umuryango udaheza ndetse n’ubufatanye mu iterambere ry’ imibereho yabo.[2]

Reba hindura

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/leta-irimo-gushakira-abatabona-uburyo-bwabafasha-kumenya-ibiri-mu-nyandiko-zisanzwe
  2. 2.0 2.1 https://www.topafricanews.com/2019/11/17/uruhare-rwa-rub-mu-burezi-bwabafite-ubumuga-bwo-kutabona-nyuma-yimyaka-25-uyu-muryango-uvutse/